Perezida wa Angola João Manuel Gonçalves Lourenço, yavuze ko hari gutegurwa uburyo bw’ibiganiro hagati ya Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we Felix...
APR FC ikomeje kwitegura imikino ya CAF Champions League yatangaje ko yarangije ibiganiro n’abakinnyi babiri bakina mu kibuga hagati ari bo Seidu Dauda Yassif...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibidukikije w’Ibirwa bya Maldives witwa Fathimath Shamnaz Ali Saleem yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kwijandika mu bikorwa by’ubupfumu...
Abaraperi bamaze igihe bakunzwe; Riderman na Bull Dog nyuma yo guhurira ku mushinga wa album bise ‘Icyumba cy’Amategeko’ bateguje abafana ko ku itariki 24...
Rurageretse hagati ya Munezero Rosine wiyita Bijou Dabijou ku mbuga nkoranyambaga ndetse na Yago Pon Dat ashinja icyaha cyo kumukangisha gusebanya no kumukoreshaho ibikangisho.
Dabijou...
Ikigo cya OpenAI gifite mu nshingano porogaramu y’ubwenge bw’ubukorano ya ChatGPT, cyaguze sosiyete ya Rockset, isanzwe itanga serivisi zo gufasha ibigo by’ishoramari mu gusesengura...
Umukandida w’umuryango FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yashimangiye ko u Rwanda rwiteguye kubana neza n’ibihugu byose, ariko ko rwiteguye guhangana n’uwashaka...
Umukinnyi wo hagati, Nsanzimfura Keddy yatangaje ko kuri ubu yiteguye kugirana ibiganiro n’ikipe yose yamwifuza mu Rwanda kubera ko yifuza gutandukana na Al-Qanah FC...