24.9 C
Kigali
Saturday, July 6, 2024
- Advertisement -spot_img

AUTHOR NAME

admin

98 POSTS
0 COMMENTS

Kagame na Tshisekedi Mu Nzira zo Guhura Bakaganira

Perezida wa Angola João Manuel Gonçalves Lourenço, yavuze ko hari gutegurwa uburyo bw’ibiganiro hagati ya  Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we Felix...

Platini yitabaje Urukiko mu gusaba gatanya n’umugore we Ingabire Olivia

Umuhanzi Nemeye Platini wamenyekanye nka Platini P yitabaje Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata, mu gusaba gatanya n’umugore we, Ingabire Olivia bari barasezeranye mu 2021. Ikirego cy’abo...

APR FC yasinyishije umukinnyi wo muri Ghana Richmond Lamptey imyaka 2

APR FC ikomeje kwitegura imikino ya CAF Champions League yatangaje ko yarangije ibiganiro n’abakinnyi babiri bakina mu kibuga hagati ari bo Seidu Dauda Yassif...

Minisitiri yatawe muri yombi ku bw’ubupfumu “bugambiriye kugirira nabi Perezida”

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibidukikije w’Ibirwa bya Maldives witwa Fathimath Shamnaz Ali Saleem yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kwijandika mu bikorwa by’ubupfumu...

Hatangajwe itariki yigitaramo cya Riderman na Bull Dogg cyiswe “Icyumba cy’Amategeko”

Abaraperi bamaze igihe bakunzwe; Riderman na Bull Dog nyuma yo guhurira ku mushinga wa album bise ‘Icyumba cy’Amategeko’ bateguje abafana ko ku itariki 24...

RIB yabyinjiyemo! Rurageretse hagati ya Dabijou na Yago

Rurageretse hagati ya Munezero Rosine wiyita Bijou Dabijou ku mbuga nkoranyambaga ndetse na Yago Pon Dat ashinja icyaha cyo kumukangisha gusebanya no kumukoreshaho ibikangisho. Dabijou...

Umuntu umwe yapfuye, abandi 37 barakomereka mu muvundo w’abitabiriye kwiyamamaza kwa FPR i Rubavu

Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu yatangaje ko umuntu umwe yitabye Imana mu gihe abandi 37 bakomerekeye mu muvundo wavutse ku muryango wasohokeragamo abitabiriye ibikorwa byo kwiyamamaza...

OpenAI yakoze ChatGPT yaguze ikigo cya Rockset gikusanya kikanasesengura amakuru

Ikigo cya OpenAI gifite mu nshingano porogaramu y’ubwenge bw’ubukorano ya ChatGPT, cyaguze sosiyete ya Rockset, isanzwe itanga serivisi zo gufasha ibigo by’ishoramari mu gusesengura...

Kagame yashimangiye ko u Rwanda rwiteguye guhangana nuwarubangamira uko yaba ameze kose

Umukandida w’umuryango FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yashimangiye ko u Rwanda rwiteguye kubana neza n’ibihugu byose, ariko ko rwiteguye guhangana n’uwashaka...

Nsanzimfura Keddy ashobora gutandukana na Al-Qanah FC

Umukinnyi wo hagati, Nsanzimfura Keddy yatangaje ko kuri ubu yiteguye kugirana ibiganiro n’ikipe yose yamwifuza mu Rwanda kubera ko yifuza gutandukana na Al-Qanah FC...

Latest news

- Advertisement -spot_img