24.9 C
Kigali
Saturday, July 6, 2024
- Advertisement -spot_img

AUTHOR NAME

admin

98 POSTS
0 COMMENTS

Abarenga 3600 bakora uburaya mu karere ka Rubavu

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu buravuga ko buri gufasha abakora uburaya kuba babureka burundu binyuze mu kubashakira uburyo bakwiga imyuga inyuranye no kubahuza n’amahirwe y’akazi...

Eddy Kenzo yasabye anakwa Minisitiri Phiona Nyamutooro

Mu ibanga rikomeye, Umuhazi Eddy Kenzo yasabye anakwa Phiona Nyamutoro usazwe arı Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ishinzwe Ubucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro muri Uganda. Uyu muhango...

Ndikumana Danny wakiniraga APR FC yerekeje muri Gasogi United

Danny Ndikumana wari umaze umwaka muri APR FC, ubu ni umukinnyi wa Gasogi United mu myaka ibiri iri imbere. Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru,...

FARDC yahakanye ko Gen Maj Chico yahungiye M23 muri hoteli

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyahakanye amakuru avuga ko Général Major Jérôme Chico Tshitambwe uyobora ingabo ziri ku rugamba mu majyaruguru y’intara...

Tshisekedi yateguje kwigaranzura M23 nyuma yo kwamburwa Kanyabayonga

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yateguje ko ingabo z’igihugu cyabo zizigaranzura umutwe witwaje intwaro wa M23 nyuma y’aho uzambuye...

Zelensky yashyize yemera ko igihugu cye kidafite ubushobozi bwo kurwana intambara igihe kirekire

Kera kabaye, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yashyize avuga ko urebye umubare w’abantu bari kwicwa mu ntambara igihugu cye gihanganyemo n’u Burusiya, bidashoboka ko...

Uwishe umugore we ku bwo “gufuha” agatorokera muri Uganda yagaruwe mu Rwanda

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko ku bufatanye na Polisi Mpuzamahanga, Interpol rwagaruye mu Rwanda Izabayo Borah ukekwaho kwica umugore we witwa Nyamwiza Fatuma nyuma...

Dore uko M23 yasesekaye mumugi rwagati wa kanyabayonga

M23 yinjiye mu mujyi rwagati wa Kanyabayonga, nyuma yokwirukana ihuriro ry’Ingabo za RDC muri uwo mujyi. Ni ahagana isaha ya saa kumi nimwe z’u...

Simba SC yo muri Tanzania yashyize hanze amatariki izahuriraho na APR FC

Simba Sports Club yo muri Tanzania yemeje ko tariki ya 3 Kanama 2024 ari bwo izahura na APR FC mu mukino wa gicuti uzakinwa...

Perezida Kagame yongeye kuburira abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida Paul Kagame akaba n’umukandida wa FPR Inkotanyi, yongeye kubwira abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda, ko bashatse bacisha make. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Gatandatu...

Latest news

- Advertisement -spot_img