14.9 C
Kigali
Thursday, July 4, 2024
- Advertisement -spot_img

CATEGORY

IMIKINO

Amahoro Stadium igiye gushyira ku munzani umupira w’u Rwanda

Kuwa Mbere tariki 01 Nyakanga 2024, Amahoro Stadium yatashywe ku mugaragaro na Perezida wa Repuburika y'u Rwanda, Paul Kagame, gusa isa n'aho izaba ihurizo...

Dauda yemeje ko Lamptey bakinana muri APR FC yemerewe umushahara wa Miliyoni 13 Frw

Umukinnyi ukomoka muri Ghana Richmond Lamptey aciye agahigo ko kugeza ubu ari we mukinnyi ukina mu Rwanda uzaba uhembwa amafaranga menshi, aho amakuru ava...

Perezida Kagame yatashye Sitade Amahoro ivuguruye

Perezida Paul Kagame ari kumwe na Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), Dr Patrice Motsepe, batashye ku mugaragaro Stade Amahoro nshya iheruka kuvugururwa...

Ndikumana Danny wakiniraga APR FC yerekeje muri Gasogi United

Danny Ndikumana wari umaze umwaka muri APR FC, ubu ni umukinnyi wa Gasogi United mu myaka ibiri iri imbere. Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru,...

Simba SC yo muri Tanzania yashyize hanze amatariki izahuriraho na APR FC

Simba Sports Club yo muri Tanzania yemeje ko tariki ya 3 Kanama 2024 ari bwo izahura na APR FC mu mukino wa gicuti uzakinwa...

APR FC yasinyishije umukinnyi wo muri Ghana Richmond Lamptey imyaka 2

APR FC ikomeje kwitegura imikino ya CAF Champions League yatangaje ko yarangije ibiganiro n’abakinnyi babiri bakina mu kibuga hagati ari bo Seidu Dauda Yassif...

Nsanzimfura Keddy ashobora gutandukana na Al-Qanah FC

Umukinnyi wo hagati, Nsanzimfura Keddy yatangaje ko kuri ubu yiteguye kugirana ibiganiro n’ikipe yose yamwifuza mu Rwanda kubera ko yifuza gutandukana na Al-Qanah FC...

APR FC yongeye gushimangira icyifuzo cyo kongera umubare w’abanyamahanga bakina muri Shampiyona

Umuyobozi w’ikipe ya APR FC Col Richard Karasira yatangaje ko icyifuzo cyabo ari uko hatashyirwaho umubare ntarengwa w’abakinnyi b’abanyamahanga bakina muri Shampiyona kuko byayizamurira...

Latest news

- Advertisement -spot_img