14.9 C
Kigali
Thursday, July 4, 2024
- Advertisement -spot_img

CATEGORY

Mumahanga

Lubero: Abarwanyi ba M23 bamaze kwigarurira Umujyi wa Kirumba

Ku isaha ya saa sita n’iminota icumi inyeshyamba za M23 zari zinjiye mu mujyi wa Kirumba, ari na wo utuwe cyane muri Teritwari...

Umucungagereza w’umugore yafashwe amashusho mu ibanga ari gusambana n’imfungwa arinda

Mu Bwongereza inkuru iri guca ibintu n’iy’umucungagereza w’umugore wafashwe amashusho ari gusambana n’imfungwa ashinzwe kurinda mu kumba yari ifungiwemo byatumye ahita atangira gukorwaho iperereza. Muri...

FARDC yahakanye ko Gen Maj Chico yahungiye M23 muri hoteli

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyahakanye amakuru avuga ko Général Major Jérôme Chico Tshitambwe uyobora ingabo ziri ku rugamba mu majyaruguru y’intara...

Tshisekedi yateguje kwigaranzura M23 nyuma yo kwamburwa Kanyabayonga

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yateguje ko ingabo z’igihugu cyabo zizigaranzura umutwe witwaje intwaro wa M23 nyuma y’aho uzambuye...

Zelensky yashyize yemera ko igihugu cye kidafite ubushobozi bwo kurwana intambara igihe kirekire

Kera kabaye, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yashyize avuga ko urebye umubare w’abantu bari kwicwa mu ntambara igihugu cye gihanganyemo n’u Burusiya, bidashoboka ko...

Dore uko M23 yasesekaye mumugi rwagati wa kanyabayonga

M23 yinjiye mu mujyi rwagati wa Kanyabayonga, nyuma yokwirukana ihuriro ry’Ingabo za RDC muri uwo mujyi. Ni ahagana isaha ya saa kumi nimwe z’u...

Minisitiri yatawe muri yombi ku bw’ubupfumu “bugambiriye kugirira nabi Perezida”

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibidukikije w’Ibirwa bya Maldives witwa Fathimath Shamnaz Ali Saleem yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kwijandika mu bikorwa by’ubupfumu...

Ikiguzi cyo gusura umunara wa Eiffel cyazamuweho 20%

Ubuyobozi bwa sosiyete SETE (Société d’Exploitation de la Tour Eiffel) bugenzura umunara wa Eiffel mu Bufaransa, bwafashe icyemezo cyo kongera ikiguzi cyo kuwusura ho...

Ifoto ya Perezida wa Sena agiye kuzana Lisansi mu Kajerekani ikomeje kurikoroza

Ikibazo cy’ibura ry’ibikomoka kuri Peteroli mu Burundi gikomeje kuba agareranzamba aho Perezida wa Sena yabuze Lisansi mu nzira,afata akajerekani ajya kuyigura. Uretse abasenateri, hashize amezi...

Amakimbirane hagati ya Israel na Lebanon ashobora kubyara intambara

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yatangaje ko isi iri mu kaga gakomeye asaba ko hakwiye gushakwa igisubizo ku makimbirane ari hagati ya Isiraheli...

Latest news

- Advertisement -spot_img